![]() |
(Photo: Nguwo RAMJAANE INYENYERI JOSHUA) |
Mc Ramjaane usanzwe amenyerewe mu gushyushya ibitaramo bya gospel ndetse no mu itsinda rya Comedy Doers kuri ubu yamaze guhindura inyogosho yagaragaraga ku mutwe kubw`impamvu z`uko hari imishinga ari gukora kandi isaba kugaragaza umuco nyarwanda, mu kiganiro gito twagiranye yagize ati :”hari comedy zumuco nyarwanda ndimo ndakora nshaka kwohereza mu mahanga..nashatse kugaragaza umuco nyarwanda.”
Tonton, Mc n`ayandi mazina menshi bamwita ni amwe mu mazina ahabwa bitewe n`umwuga akora, akaba ari umwe mu basore bakunze kwitabazwa mu bitaramo byinshi ahanini bitewe n`uburyo anyuzamo agashyiramo urwenya.

IVOMO: URUGERO.COM
No comments:
Post a Comment
IKITONDERWA::
Si byiza kwandika amagambo asebanya mu gitekerezo cyanyu.