“Kuko Imana yakunze abari mu isi cyane byatumye itanga
umwana wayo w’ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka, ahubwo ahabwe
ubugingo buhoraho” Yohana 3:16.
![]() |
Joyce MAYER |
Imana ishaka umuryango, bityo Imana yaraturemye ngo tube
abana bayo. Ntabwo ishaka ko dukora nk’iby’impinja ariko irasha ko dukora
nk’abana bayo. Irashaka ko tugengwa nayo, tukayishingikirizaho,
tukayiyegamizaho, tukayikunda kandi tukareka nayo ikadukunda. Irashaka ko
tuyiringira kandi tukayisanga mu gihe dufite icyifuzo. Irashaka kugira
ubusabane bwite nawe.
Benshi muri twe dufata Yohana 3:16 mu buryo bwagutse, “Oh,
yego, ndabiuzi ko Yesu yapfiriye isi”, ariko ntabwo turi agatsiko k’abantu
rusange hano bo yapfiriye ku isi. Yapfiriye buri wese wo muri twe.
Yaraguphiriye.
Niyo uza kuba ari wowe muntu wenyine kuri iyi si, aba
yarapfiriye wowe gusa. Yajyaga kunyura mu mibabaro yose kubwawe. Yaraguphiriye!
Imana iragukunda cyane. Igukunda urukundo ruhoraho.
No comments:
Post a Comment
IKITONDERWA::
Si byiza kwandika amagambo asebanya mu gitekerezo cyanyu.